António Guterres wa Loni yashimangiye isenywa ry’umutwe wa FDLR

Yanditswe: topperzmind
Itariki: 2025-02-18 04:30:59

Topperzmind

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ikwiye kuba gusenya umutwe wa FDLR, abanyamahanga bose bahari bagataha na ho abenegihugu bagashaka uko babana mu bumwe buzira amoko abaryanisha.Hashize imyaka irenga 30 interahamwe n’abandi bari mu ngabo za Ex-FAR zatsinzwe bahungiye mu mashyamba ya Congo, bisuganyirizayo bashaka gutera u Rwanda ngo bongere bakore Jenoside mu Rwanda.Aba bagiye bashinga imitwe irimo ALIR yabyaye FDLR n’indi myinshi yagize uruhare mu kwigisha ingengabitekerezo ya Jenoside mu batuye u Burasirazuba bwa RDC. Kuva ubwo Abatutsi bo muri ibyo bice batangiye kujujubywa, baricwa, batwikirwa inzu n’ibintu byabo birasahurwa kugeza ubwo ibihumbi amagana bahungiye mu bihugu byo mu karere no mu bindi bice by’Isi.Kuri ubu inkuru idasiba mu bitangazamakuru mpuzamahanga ni umutwe wa M23 uharanira uburenganzira bw’Abatutsi n’abavuga Ikinyarwanda bo muri RDC bahohoterwa, ndetse igitera benshi kuvuga cyane kikaba uko urushaho gutsinda ihuriro ry’ingabo za Leta FARDC, FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Abacanshuro n’iza SADC, bahanganye.Mu kiganiro Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, yagiranye na France24 cyasohotse ku wa 16 Gashyantare 2025, yavuze ko intambara utayita iy’Akarere kuko Umuryano wa Afurika y’Iburasirazuba n’uw’Ubukungu n’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo, SADC, bemeranyije ku masezerano arimo guhagarika imirwano no gusenya umutwe wa FDLR.Raporo zitandukanye za Loni zagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi winjijwe mu gisirikare cya FARDC, kiwuha intwaro kikanatanga imyitozo ku barwanyi bashya mu mugambi bafatanyije na Perezida wa RDC wo gutera u Rwanda no gukuraho ubutegetsi bwarwo.Guterres ati “Icya mbere kandi cy’ingezi ni uko habaho kurandura umutwe wa FDLR…hanyuma hagashakwa igisubizo hamwe na M23. Nizera ko hari ihame ry’ingenzi: Abanyamahanga bagomba kuva muri Congo, abandi b’Abanye-Congo bagomba gushaka uburyo babana mu bumwe n’ubwubahane batishingikirije amoko.”Ingamba zo kurandura uyu mutwe zemeranyijweho mu biganiro byahuje abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC.Gusa mu minsi ishize umugore wa Perezida Tshisekedi, Denise Nyakeru yagaragaye mu bitaro yagiye gusura inkomere z’urugamba zirimo n’abarwanyi ba FDLR, ibituma hibazwa ku bushake bw’iki gihugu mu gusenya uyu mutwe.Ku rundi ruhande, mu nama idasanzwe y’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano yabaye ku wa 26 Mutarama 2025, Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, Ernest Rwamucyo yagaragaje ko ingabo za MONUSCO zimaze imyaka 26 mu butumwa zifite harimo no gusenya FDLR ariko byarangiye zifatanyije nayo.Ati “MONUSCO ishyigikira FDLR, umutwe wafatiwe ibihano na Loni n’abacanshuro b’Abanyaburayi kandi bihabanye n’amasezerano ya Loni yo mu 1989. Ibi ntibyumvikana. MONUSCO yisanga mu ntambara yari ikwiye kuba ntaho ibogamiye. Igomba gushyira imbaraga ku kurinda abasivili by’umwihariko abavuye mu byabo, aho kurwana ku ruhande rw’ihuriro rya FARDC.”Nubwo Guterres ntacyo yavuze kuri izi ngabo ariko ahamya ko nyuma y’imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu n’aba za guverinoma bagize EAC na SADC hakwiriye gukurikiraho inzira za dipolomasi zo gukemura ikibazo mu buryo bw’ibiganiro.Ati “Haracyari akazi gakomeye mu bya dipolomasi ko kugira ngo habeho ibiganiro bigamije ko u Burasirazuba bwa Congo bwagira amahoro ariko icya mbere kigambiriwe ari uko hubahirizwa ubusugire bw’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.”Guverinoma ya RDC yo yanangiye ko itazigera iganira n’umutwe wa M23, ahubwo ishyira imbaraga mu icengezamatwara mu mahanga no gukomeza kurwana urugamba....



News Image

Ukraine yarashe ‘drones’ 337 mu Burusiya mu ijoro rimwe

zo ndege zahanuwe mu bice bitandukanye by’u Burusiya birimo Kursk, Belgorod, Bryansk, Voronezh, Kalu...

On: 11-03-2025 at 08:28AM

News Image

APR FC yinjije arenga miliyoni 120 Frw ku mukino yakiriyemo Rayon Sports

Uyu mukino waciye agahigo ko kuba uwa kabiri winjije amafaranga menshi kuri Stade mu Rwanda, warangi...

On: 11-03-2025 at 08:24AM

News Image

Nta muntu urakora nk’ibyo nakoze kandi nta muyobozi wangaruye muri Rayon Sports - Robertinho mumvugo ikomeye

Umunya-Brazil, Robertinho utoza Rayon Sports yavuze ko nta mutoza urakora nk’ibyo yakoze muri iyi ki...

On: 10-03-2025 at 11:22AM

News Image

Musk yacecekesheje Minisitiri wo muri Pologne

Musk amaze gutanga muri Ukraine ibikoresho 40,000 bitanga murandasi muri Ukraine kuva mu 2022.Ingabo...

On: 10-03-2025 at 11:17AM

News Image

Suède: The Ben agiye guhurira mu gitaramo n’abarimo Ya Levis na Timaya

The Ben yatumiwe mu bitaramo bya ‘One Love Music Festival’ biteganyijwe muri Suède kuva ku wa 15 k...

On: 08-03-2025 at 09:07AM

News Image

Kevin Kade na Chriss Eazy bagiye guhurira kuri album

Chriss Eazy na Kevin Kade bari mu bahanzi bamaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu Rwanda, bagiye ...

On: 08-03-2025 at 09:03AM

News Image

The Ben na Bwiza bitozanyije n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha mu gitaramo

The Ben na Bwiza bamaze kugera mu Bubiligi, bakoranye imyitozo n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha...

On: 08-03-2025 at 09:01AM

News Image

Tanzania: Hagiye kubakwa Arena izatwara miliyoni 172$

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yemeje ko bagiye kubaka inzu y’imyidagaduro (Arena) iza...

On: 08-03-2025 at 08:54AM

News Image

Chriss Eazy yageze muri Suède

Chriss Eazy utegerejwe mu gitaramo agomba gukorera muri Suède, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm...

On: 08-03-2025 at 08:44AM

News Image

Abasirikare 438 batojwe na RDF binjijwe mu Ngabo za Centrafrique

Icyiciro cya gatatu cy’abasirikare ba Centrafrique batojwe n’Ingabo z’u Rwanda cyasoje amasomo. Ni...

On: 08-03-2025 at 08:38AM

News Image

Muhanga: Umugabo yiciwe n’imbabura mu nzu yari acumbitsemo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo witwa Nzayisenga Jean Claude wari utuye mu Karere ka Muhang...

On: 08-03-2025 at 08:29AM

News Image

“Love and Lies” – Filime Igiye Guhindura Amateka muri Sinema Nyarwanda!

Sinema nyarwanda iri kwinjira mu bihe bishya, kandi filime nshya “Love and Lies” ni kimwe mu bihanga...

On: 06-03-2025 at 07:28AM

News Image

Perezida Ndayishimiye yategetse ingabo ze kwirukana M23 muri Kivu y’Amajyepfo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa Repu...

On: 06-03-2025 at 04:52AM

News Image

Uwavuye Iwawa ahindutse kurusha abandi muri buri karere azajya ahabwa inka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Mugenzi Patrice yavuze ko uwagororewe Iwawa bizajya bigaragara k...

On: 06-03-2025 at 04:49AM

News Image

The Ben yongeye gusaba imbabazi Bull Dogg, ateguza indi ndirimbo na Diamond

The Ben yongeye guca bugufi asaba imbabazi Bull Dogg ahamya ko bamaze iminsi barebana ay’ingwe nyuma...

On: 04-03-2025 at 05:42AM

News Image

ITSINDA " THE VOCAL BAND RIHINDUYE UMUZIKI NYARWANDA RIGIYE GUKORA AMATEKA KW ' ISI MENYA BYINSHI"

Muraho neza, Twitwa The vocal Band tukaba dukora music iri live Intego yacu nugukora music yose Y...

On: 04-03-2025 at 04:20AM

News Image

U Rwanda rwatumije Ambasaderi w’u Bwongereza

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatumije Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison...

On: 28-02-2025 at 03:50AM

News Image

Hasigaye 37 gusa: Urugendo rw’u Rwanda mu kurandura ibibembe mu gihugu

Raporo y’Ishami rya Loni ryita ku Buzima (OMS) ya 2024, igaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu biri ku...

On: 28-02-2025 at 03:25AM

News Image

Abarenga 1400 bahawe amahirwe yo gusura Pariki ya Nyungwe ku buntu

Ubuyobozi bwa Pariki ya Nyungwe bwageneye abarenga 1400 bayituriye amahirwe yo kuyisura ku buntu kug...

On: 28-02-2025 at 03:18AM

News Image

Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje igihe Tshisekedi yatangiye gutegura intambara ku Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe...

On: 26-02-2025 at 10:12AM

News Image

Lionel Messi na Luis Suárez bahaniwe imyitwarire mibi

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS), yahannye Lionel Messi na Lu...

On: 26-02-2025 at 03:05AM

News Image

DURING A PERIOD OF CALM IN THE CONFLICT BETWEEN HAMAS AND ISRAEL

During a period of calm in the conflict between Hamas and Israel, Hamas sent four people back to Isr...

On: 20-02-2025 at 04:17PM

News Image

Gatsata: Imodoka eshatu zakongokeye mu igaraje, zikongeza n’inyubako

Imodoka eshatu zahiriye mu igaraje riherereye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo zirakongoka ...

On: 19-02-2025 at 11:08AM

News Image

Jose Chameleone agiye kubagwa

Umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone agiye kujyanwa mu gikorwa gikomeye cyo kubagwa urwagashya mu m...

On: 19-02-2025 at 05:49AM

News Image

Umugabo wa Rihanna yagizwe umwere

Umuraperi A$AP Rocky, umugabo w’umuhanzikazi Rihanna, yagizwe umwere n’urukiko rwa Los Angeles kuri ...

On: 19-02-2025 at 05:46AM

News Image

Imbamutima z’Umworozi w’inkoko watewe inkunga ya Miliyoni 145 Frw zitishyurwa

Edouard Twizerimana, Umuyobozi wa Eddy Farm Ltd ikora ubworozi bw’inkoko zitera amagi, mu karere ka ...

On: 19-02-2025 at 05:41AM

News Image

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere kuva mu 2024-2029.

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambe...

On: 18-02-2025 at 02:26PM

News Image

M23 yateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amaj...

On: 18-02-2025 at 12:47PM

News Image

Chancen International yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na ICK

Ikigo Mpuzamahanga cyishyurira urubyiruko mu mashuri makuru na kaminuza cya Chancen International, c...

On: 18-02-2025 at 12:44PM

News Image

Museveni yagaragaje ko abumva ko Besigye adakwiye gufungwa bashyigikiye ko Uganda ihungabana

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko abumva ko umunyapolitiki Dr Kizza Besigye adakwiye guf...

On: 18-02-2025 at 08:45AM

News Image

U Busuwisi: Umudepite yasabye ko RDC ihagarikirwa inkunga kugeza Tshisekedi avuye ku butegetsi

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Busuwisi, Andreas Alfred Glarner, yasabye igihugu cye guhag...

On: 18-02-2025 at 04:50AM

News Image

Perezida wa Argentine mu mazi abira nyuma yo kwamamaza ‘Cryptocurrency’, igateza igihombo

rezida wa Argentine, Javier Milei, ari gusabwa kwegura nyuma yo kwamamaza ifaranga ry’ikoranabuhanga...

On: 18-02-2025 at 04:47AM

News Image

U Rwanda rwavuze ku hazaza h’ibikorwa byaterwaga inkunga na USAID

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta nkunga z’Ikigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga ...

On: 18-02-2025 at 04:44AM

News Image

Amerika: TikTok yongeye kugaragara kuri ‘App Store’ na ‘Play Store’

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibyishimo ni byose ku bakunzi b’urubuga rwa TikTok rwongeye kugara...

On: 18-02-2025 at 04:41AM

News Image

Mfite ibibazo byinshi - Ruben Amorim utoza Manchester

Umutoza wa Manchester United FC, Ruben Amorim, yagaragaje ko afite ibibazo byinshi mu kazi ke, nyuma...

On: 18-02-2025 at 04:38AM

News Image

Minisante yatangaje ko kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi bigamije kugabanya indwara zitandura

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje impamvu yo kuzamura imi...

On: 18-02-2025 at 04:36AM

News Image

Ne-Yo mu buryohe bw’urukundo n’abagore batatu

Umuhanzi Ne-Yo aheruka kugaragara asomana n’abakunzi be batatu, bishimangira inkuru zari zimaze imin...

On: 18-02-2025 at 04:33AM

News Image

António Guterres wa Loni yashimangiye isenywa ry’umutwe wa FDLR

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ...

On: 18-02-2025 at 04:30AM