Minisante yatangaje ko kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi bigamije kugabanya indwara zitandura

Yanditswe: topperzmind
Itariki: 2025-02-18 04:36:24

Topperzmind

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje impamvu yo kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi biherutse gukorwa, biri mu ngamba z’igihugu zo kurwanya indwara zitandura (NCDs).Ibyo kongera imisoro Minisitiri Butera yabigarutseho ubwo yari mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro inama ihuza amahuriro yose arwanya indwara zitandura ku Isi, iri kubera mu Rwanda, ikaba n’iya mbere ibereye muri Afurika.Iyi nama yatangiye ku wa 13 ikazageza ku wa 15 Gashyantare 2025, ihuje abarenga 650 bavuye mu mahuriro arenga 75 yo mu bihugu 80 byo ku Isi.Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, iyobowe na Perezida Kagame, yafashe icyemezo cyo kuvugurura ibijyanye no kwishyura imisoro itangwa mu gihugu, harimo no kongera imisoro ku nzoga n’itabi.Umusoro ku itabi ry’amasegereti uzazamurwa kuri 230 Frw ku ipaki, uvuye kuri 130 Frw.Ku itabi rigurishwa ukwaryo, uyu musoro wongereweho 36%, mu gihe umusoro ku binyobwa bisindisha uzava kuri 60% ugere kuri 65% ku giciro cy’uruganda.Minisitiri Butera yavuze ko u Rwanda rwafashe ingamba zinyuranye mu guhashya izi ndwara zitandura cyane cyane ruhereye mu kuzirinda.Yashimangiye ko kimwe mu bitera izi ndwara ari inzoga n’itabi ariko urebye imibare ihari igaragaza impinduka zigaragara.Uyu muyobozi yavuze ko mu 2012 abanywi b’itabi bari 12% mu 2022 bagera kuri 7%, akemeza ko u Rwanda rukomeje kugabanya uwo mubare ari yo mpamvu urwashyizeho gahunda nshya y’imisoro ku nzoga n’itabi kugira ngo hakomeze gutabarwa ubuzima bwa benshi.Yagize ati “Mu cyumweru gishize twazamuye imisoro ku nzoga n’itabi, kuva muri iki cyumweru ibiciro by’itabi mu gihugu hose byikubye kabiri, ndetse twongereye umusoro ku nzoga kuri 65% ku giciro cy’uruganda, izi ngamba zerekana imbaraga zacu mu kurwanya izi ndwara za NCDs.”Yakomeje avuga ko kandi abaturage bagorwaga no kuwivuza kuko inyinshi muri izi ndwara zihenze kuzivuza, ari mu rwego ku bwisungane mu kwivuza bukoreshwa n’abarenga 90% hongeweho serivisi zigera kuri 14 harimo no kubagwa umutima.Ati “ Twongeyeho serivisi zirimo, gusimbuza impyiko, kuyungurura amaraso, n’izindi ndwara zigoye nko kubagwa umutima. Izo zose ziri muri serivisi abaturage barenga 90% bakoresha ubwisungane mu kwivuza bashobora kubona.”Umuyobozi ushinzwe indwara zitandura mu Kigo gishinzwe Ubuzima, RBC, Dr Uwinkindi François, yavuze ko bari gushyira imbaraga mu kwigisha Abanyarwanda izi ndwara, kuko abenshi batazizi ndetse bakangurirwa no kujya kwivuza hakiri kare, abajyanama b’ubuzima bakabigiramo uruhare runini.Ati “Ikibazo dufite ni uko abantu baza kwivuza izi ndwara zaramaze kubarenga, zatangiye kwangiza ibice bitandukanye by’umubiri, ariko dufashe urugero nka kanseri y’ibere, iy’inkondo y’umura, iyo ibonetse hakiri kare iravurwa igakira.”...



News Image

Ukraine yarashe ‘drones’ 337 mu Burusiya mu ijoro rimwe

zo ndege zahanuwe mu bice bitandukanye by’u Burusiya birimo Kursk, Belgorod, Bryansk, Voronezh, Kalu...

On: 11-03-2025 at 08:28AM

News Image

APR FC yinjije arenga miliyoni 120 Frw ku mukino yakiriyemo Rayon Sports

Uyu mukino waciye agahigo ko kuba uwa kabiri winjije amafaranga menshi kuri Stade mu Rwanda, warangi...

On: 11-03-2025 at 08:24AM

News Image

Nta muntu urakora nk’ibyo nakoze kandi nta muyobozi wangaruye muri Rayon Sports - Robertinho mumvugo ikomeye

Umunya-Brazil, Robertinho utoza Rayon Sports yavuze ko nta mutoza urakora nk’ibyo yakoze muri iyi ki...

On: 10-03-2025 at 11:22AM

News Image

Musk yacecekesheje Minisitiri wo muri Pologne

Musk amaze gutanga muri Ukraine ibikoresho 40,000 bitanga murandasi muri Ukraine kuva mu 2022.Ingabo...

On: 10-03-2025 at 11:17AM

News Image

Suède: The Ben agiye guhurira mu gitaramo n’abarimo Ya Levis na Timaya

The Ben yatumiwe mu bitaramo bya ‘One Love Music Festival’ biteganyijwe muri Suède kuva ku wa 15 k...

On: 08-03-2025 at 09:07AM

News Image

Kevin Kade na Chriss Eazy bagiye guhurira kuri album

Chriss Eazy na Kevin Kade bari mu bahanzi bamaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu Rwanda, bagiye ...

On: 08-03-2025 at 09:03AM

News Image

The Ben na Bwiza bitozanyije n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha mu gitaramo

The Ben na Bwiza bamaze kugera mu Bubiligi, bakoranye imyitozo n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha...

On: 08-03-2025 at 09:01AM

News Image

Tanzania: Hagiye kubakwa Arena izatwara miliyoni 172$

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yemeje ko bagiye kubaka inzu y’imyidagaduro (Arena) iza...

On: 08-03-2025 at 08:54AM

News Image

Chriss Eazy yageze muri Suède

Chriss Eazy utegerejwe mu gitaramo agomba gukorera muri Suède, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm...

On: 08-03-2025 at 08:44AM

News Image

Abasirikare 438 batojwe na RDF binjijwe mu Ngabo za Centrafrique

Icyiciro cya gatatu cy’abasirikare ba Centrafrique batojwe n’Ingabo z’u Rwanda cyasoje amasomo. Ni...

On: 08-03-2025 at 08:38AM

News Image

Muhanga: Umugabo yiciwe n’imbabura mu nzu yari acumbitsemo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo witwa Nzayisenga Jean Claude wari utuye mu Karere ka Muhang...

On: 08-03-2025 at 08:29AM

News Image

“Love and Lies” – Filime Igiye Guhindura Amateka muri Sinema Nyarwanda!

Sinema nyarwanda iri kwinjira mu bihe bishya, kandi filime nshya “Love and Lies” ni kimwe mu bihanga...

On: 06-03-2025 at 07:28AM

News Image

Perezida Ndayishimiye yategetse ingabo ze kwirukana M23 muri Kivu y’Amajyepfo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa Repu...

On: 06-03-2025 at 04:52AM

News Image

Uwavuye Iwawa ahindutse kurusha abandi muri buri karere azajya ahabwa inka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Mugenzi Patrice yavuze ko uwagororewe Iwawa bizajya bigaragara k...

On: 06-03-2025 at 04:49AM

News Image

The Ben yongeye gusaba imbabazi Bull Dogg, ateguza indi ndirimbo na Diamond

The Ben yongeye guca bugufi asaba imbabazi Bull Dogg ahamya ko bamaze iminsi barebana ay’ingwe nyuma...

On: 04-03-2025 at 05:42AM

News Image

ITSINDA " THE VOCAL BAND RIHINDUYE UMUZIKI NYARWANDA RIGIYE GUKORA AMATEKA KW ' ISI MENYA BYINSHI"

Muraho neza, Twitwa The vocal Band tukaba dukora music iri live Intego yacu nugukora music yose Y...

On: 04-03-2025 at 04:20AM

News Image

U Rwanda rwatumije Ambasaderi w’u Bwongereza

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatumije Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison...

On: 28-02-2025 at 03:50AM

News Image

Hasigaye 37 gusa: Urugendo rw’u Rwanda mu kurandura ibibembe mu gihugu

Raporo y’Ishami rya Loni ryita ku Buzima (OMS) ya 2024, igaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu biri ku...

On: 28-02-2025 at 03:25AM

News Image

Abarenga 1400 bahawe amahirwe yo gusura Pariki ya Nyungwe ku buntu

Ubuyobozi bwa Pariki ya Nyungwe bwageneye abarenga 1400 bayituriye amahirwe yo kuyisura ku buntu kug...

On: 28-02-2025 at 03:18AM

News Image

Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje igihe Tshisekedi yatangiye gutegura intambara ku Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe...

On: 26-02-2025 at 10:12AM

News Image

Lionel Messi na Luis Suárez bahaniwe imyitwarire mibi

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS), yahannye Lionel Messi na Lu...

On: 26-02-2025 at 03:05AM

News Image

DURING A PERIOD OF CALM IN THE CONFLICT BETWEEN HAMAS AND ISRAEL

During a period of calm in the conflict between Hamas and Israel, Hamas sent four people back to Isr...

On: 20-02-2025 at 04:17PM

News Image

Gatsata: Imodoka eshatu zakongokeye mu igaraje, zikongeza n’inyubako

Imodoka eshatu zahiriye mu igaraje riherereye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo zirakongoka ...

On: 19-02-2025 at 11:08AM

News Image

Jose Chameleone agiye kubagwa

Umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone agiye kujyanwa mu gikorwa gikomeye cyo kubagwa urwagashya mu m...

On: 19-02-2025 at 05:49AM

News Image

Umugabo wa Rihanna yagizwe umwere

Umuraperi A$AP Rocky, umugabo w’umuhanzikazi Rihanna, yagizwe umwere n’urukiko rwa Los Angeles kuri ...

On: 19-02-2025 at 05:46AM

News Image

Imbamutima z’Umworozi w’inkoko watewe inkunga ya Miliyoni 145 Frw zitishyurwa

Edouard Twizerimana, Umuyobozi wa Eddy Farm Ltd ikora ubworozi bw’inkoko zitera amagi, mu karere ka ...

On: 19-02-2025 at 05:41AM

News Image

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere kuva mu 2024-2029.

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambe...

On: 18-02-2025 at 02:26PM

News Image

M23 yateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amaj...

On: 18-02-2025 at 12:47PM

News Image

Chancen International yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na ICK

Ikigo Mpuzamahanga cyishyurira urubyiruko mu mashuri makuru na kaminuza cya Chancen International, c...

On: 18-02-2025 at 12:44PM

News Image

Museveni yagaragaje ko abumva ko Besigye adakwiye gufungwa bashyigikiye ko Uganda ihungabana

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko abumva ko umunyapolitiki Dr Kizza Besigye adakwiye guf...

On: 18-02-2025 at 08:45AM

News Image

U Busuwisi: Umudepite yasabye ko RDC ihagarikirwa inkunga kugeza Tshisekedi avuye ku butegetsi

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Busuwisi, Andreas Alfred Glarner, yasabye igihugu cye guhag...

On: 18-02-2025 at 04:50AM

News Image

Perezida wa Argentine mu mazi abira nyuma yo kwamamaza ‘Cryptocurrency’, igateza igihombo

rezida wa Argentine, Javier Milei, ari gusabwa kwegura nyuma yo kwamamaza ifaranga ry’ikoranabuhanga...

On: 18-02-2025 at 04:47AM

News Image

U Rwanda rwavuze ku hazaza h’ibikorwa byaterwaga inkunga na USAID

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta nkunga z’Ikigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga ...

On: 18-02-2025 at 04:44AM

News Image

Amerika: TikTok yongeye kugaragara kuri ‘App Store’ na ‘Play Store’

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibyishimo ni byose ku bakunzi b’urubuga rwa TikTok rwongeye kugara...

On: 18-02-2025 at 04:41AM

News Image

Mfite ibibazo byinshi - Ruben Amorim utoza Manchester

Umutoza wa Manchester United FC, Ruben Amorim, yagaragaje ko afite ibibazo byinshi mu kazi ke, nyuma...

On: 18-02-2025 at 04:38AM

News Image

Minisante yatangaje ko kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi bigamije kugabanya indwara zitandura

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje impamvu yo kuzamura imi...

On: 18-02-2025 at 04:36AM

News Image

Ne-Yo mu buryohe bw’urukundo n’abagore batatu

Umuhanzi Ne-Yo aheruka kugaragara asomana n’abakunzi be batatu, bishimangira inkuru zari zimaze imin...

On: 18-02-2025 at 04:33AM

News Image

António Guterres wa Loni yashimangiye isenywa ry’umutwe wa FDLR

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ...

On: 18-02-2025 at 04:30AM