Hasigaye 37 gusa: Urugendo rw’u Rwanda mu kurandura ibibembe mu gihugu

Yanditswe: BYIRINGIRO ISRAEL
Itariki: 2025-02-28 03:25:57

Topperzmind

Raporo y’Ishami rya Loni ryita ku Buzima (OMS) ya 2024, igaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu biri kurandura indwara y’ibibembe aho mu gihugu hose hasigaye abarwayi 37 gusa.Ibipimo bya OMS bivuga ko kugira ngo igihugu gifatwe nk’ikiri mu nzira yo kurandura iyi ndwara, kigomba kuba gifite munsi y’umurwayi umwe buri mwaka mu baturage ibihumbi 10.Mu Rwanda iki gipimo cyagezweho kuko ubu imibare igaragaza ko buri mwaka mu baturage ibihumbi 10 hagaragara abarwaye ibibembe bangana 0.02Nubwo igihugu kiri muri iyi nzira igana aheza, inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko Abanyarwanda batagomba kwirara, ahubwo bagomba guhora bagira amakenga bakivuza hakiri kare igihe batangiye kubona ibimenyetso byayo.Iyi ndwara yandurira mu mwuka, ikaba iterwa n’agakoko kitwa “Bacille de Hansen”. Uyirwaye agaragaza ibimenyetso by’amabara yeruruka agenda aza ku mubiri ariko ataryaryata.Umukozi ushinzwe kurwanya igituntu, ibibembe, n’izindi ndwara zifata ibice by’ubuhumekero mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Nshimiyimana Kizito, yavuze ko kubera ko ibibembe bitaryaryata, abenshi batinda kubyivuza.Yagize ati “Abantu bagomba kuyivuza hakiri kare bakavurwa bataragira ingaruka, kuko ibyo abantu benshi babona nk’indwara babona ingaruka bakazita ibimenyetso.”Yavuze ko iyo umuntu atinze kwivuza ibibembe bimutera ubumuga, kuko iyo imaze gukomera ikunja intoki zikagera aho zicika cyangwa bikaba uko ku birenge.Yerekanye kandi ko ibibembe bifata imyakura ari na yo mpamvu bitaryaryata, aho usanga nk’iyo imyakura yo mu maso yamaze gufatwa umuntu ushobora ku mukora mu jisho ntahumbye.Ati “Iyo udahumbya rero rya jisho rishobora kumagara ejo bikaba byakuviramo ubuhumyi, abandi bakunjama intoki n’ibindi.”Umwe mu barwayi bakize iyi ndwara avuriwe ku Kigo nderabuzima cya Nzangwa cyo mu Karere ka Bugesera, yavuze ko yafashwe azi ko ari amarozi ndetse ko yatanze agera ku bihumbi 580 Frw mu buvuzi bwa magendu, bamubwira ko yarozwe, ariko nyuma y’imyaka ine avurirwa kuri iki kigo nderabuzima, ubu yakize.Ati “Iyo ndwara abaganga bonyine ni bo babasha kuyimenya, nta muntu wabasha kuyisuzuma, ariko nkatwe twayirwaye nkubonye uyirwaye nakugira inama yo kujya kwa muganga kuko nta kindi kimenyetso igira usibye ayo mabara.”Ibigo nderabuzima byose byo mu gihugu bifite ubushobozi bwo kuvura ibibembe nk’uko Nshimiyimana abivuga, ndetse hari gukorwa ubukangurambaga cyane cyane mu turere duhana imbibi na Tanzaniya n’u Burundi kuko ari ho ikunze kugaragara.Ibibembe bibarizwa mu ndwara zititaweho uko bikwiye NTDs. U Rwanda rufatanyije na OMS bifite intego yo kurandura izi ndwara bitarenze umwaka wa 2030.Mu Rwanda, ibibembe bikunze kugaragara mu Karere ka Rusizi, Rubavu no mu Karere ka Bugesera....



News Image

Ukraine yarashe ‘drones’ 337 mu Burusiya mu ijoro rimwe

zo ndege zahanuwe mu bice bitandukanye by’u Burusiya birimo Kursk, Belgorod, Bryansk, Voronezh, Kalu...

On: 11-03-2025 at 08:28AM

News Image

APR FC yinjije arenga miliyoni 120 Frw ku mukino yakiriyemo Rayon Sports

Uyu mukino waciye agahigo ko kuba uwa kabiri winjije amafaranga menshi kuri Stade mu Rwanda, warangi...

On: 11-03-2025 at 08:24AM

News Image

Nta muntu urakora nk’ibyo nakoze kandi nta muyobozi wangaruye muri Rayon Sports - Robertinho mumvugo ikomeye

Umunya-Brazil, Robertinho utoza Rayon Sports yavuze ko nta mutoza urakora nk’ibyo yakoze muri iyi ki...

On: 10-03-2025 at 11:22AM

News Image

Musk yacecekesheje Minisitiri wo muri Pologne

Musk amaze gutanga muri Ukraine ibikoresho 40,000 bitanga murandasi muri Ukraine kuva mu 2022.Ingabo...

On: 10-03-2025 at 11:17AM

News Image

Suède: The Ben agiye guhurira mu gitaramo n’abarimo Ya Levis na Timaya

The Ben yatumiwe mu bitaramo bya ‘One Love Music Festival’ biteganyijwe muri Suède kuva ku wa 15 k...

On: 08-03-2025 at 09:07AM

News Image

Kevin Kade na Chriss Eazy bagiye guhurira kuri album

Chriss Eazy na Kevin Kade bari mu bahanzi bamaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu Rwanda, bagiye ...

On: 08-03-2025 at 09:03AM

News Image

The Ben na Bwiza bitozanyije n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha mu gitaramo

The Ben na Bwiza bamaze kugera mu Bubiligi, bakoranye imyitozo n’itsinda ry’abacuranzi rizabafasha...

On: 08-03-2025 at 09:01AM

News Image

Tanzania: Hagiye kubakwa Arena izatwara miliyoni 172$

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yemeje ko bagiye kubaka inzu y’imyidagaduro (Arena) iza...

On: 08-03-2025 at 08:54AM

News Image

Chriss Eazy yageze muri Suède

Chriss Eazy utegerejwe mu gitaramo agomba gukorera muri Suède, yamaze kugera mu Mujyi wa Stockholm...

On: 08-03-2025 at 08:44AM

News Image

Abasirikare 438 batojwe na RDF binjijwe mu Ngabo za Centrafrique

Icyiciro cya gatatu cy’abasirikare ba Centrafrique batojwe n’Ingabo z’u Rwanda cyasoje amasomo. Ni...

On: 08-03-2025 at 08:38AM

News Image

Muhanga: Umugabo yiciwe n’imbabura mu nzu yari acumbitsemo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo witwa Nzayisenga Jean Claude wari utuye mu Karere ka Muhang...

On: 08-03-2025 at 08:29AM

News Image

“Love and Lies” – Filime Igiye Guhindura Amateka muri Sinema Nyarwanda!

Sinema nyarwanda iri kwinjira mu bihe bishya, kandi filime nshya “Love and Lies” ni kimwe mu bihanga...

On: 06-03-2025 at 07:28AM

News Image

Perezida Ndayishimiye yategetse ingabo ze kwirukana M23 muri Kivu y’Amajyepfo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa Repu...

On: 06-03-2025 at 04:52AM

News Image

Uwavuye Iwawa ahindutse kurusha abandi muri buri karere azajya ahabwa inka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Mugenzi Patrice yavuze ko uwagororewe Iwawa bizajya bigaragara k...

On: 06-03-2025 at 04:49AM

News Image

The Ben yongeye gusaba imbabazi Bull Dogg, ateguza indi ndirimbo na Diamond

The Ben yongeye guca bugufi asaba imbabazi Bull Dogg ahamya ko bamaze iminsi barebana ay’ingwe nyuma...

On: 04-03-2025 at 05:42AM

News Image

ITSINDA " THE VOCAL BAND RIHINDUYE UMUZIKI NYARWANDA RIGIYE GUKORA AMATEKA KW ' ISI MENYA BYINSHI"

Muraho neza, Twitwa The vocal Band tukaba dukora music iri live Intego yacu nugukora music yose Y...

On: 04-03-2025 at 04:20AM

News Image

U Rwanda rwatumije Ambasaderi w’u Bwongereza

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yatumije Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison...

On: 28-02-2025 at 03:50AM

News Image

Hasigaye 37 gusa: Urugendo rw’u Rwanda mu kurandura ibibembe mu gihugu

Raporo y’Ishami rya Loni ryita ku Buzima (OMS) ya 2024, igaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu biri ku...

On: 28-02-2025 at 03:25AM

News Image

Abarenga 1400 bahawe amahirwe yo gusura Pariki ya Nyungwe ku buntu

Ubuyobozi bwa Pariki ya Nyungwe bwageneye abarenga 1400 bayituriye amahirwe yo kuyisura ku buntu kug...

On: 28-02-2025 at 03:18AM

News Image

Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje igihe Tshisekedi yatangiye gutegura intambara ku Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe...

On: 26-02-2025 at 10:12AM

News Image

Lionel Messi na Luis Suárez bahaniwe imyitwarire mibi

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS), yahannye Lionel Messi na Lu...

On: 26-02-2025 at 03:05AM

News Image

DURING A PERIOD OF CALM IN THE CONFLICT BETWEEN HAMAS AND ISRAEL

During a period of calm in the conflict between Hamas and Israel, Hamas sent four people back to Isr...

On: 20-02-2025 at 04:17PM

News Image

Gatsata: Imodoka eshatu zakongokeye mu igaraje, zikongeza n’inyubako

Imodoka eshatu zahiriye mu igaraje riherereye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo zirakongoka ...

On: 19-02-2025 at 11:08AM

News Image

Jose Chameleone agiye kubagwa

Umuhanzi w’icyamamare Jose Chameleone agiye kujyanwa mu gikorwa gikomeye cyo kubagwa urwagashya mu m...

On: 19-02-2025 at 05:49AM

News Image

Umugabo wa Rihanna yagizwe umwere

Umuraperi A$AP Rocky, umugabo w’umuhanzikazi Rihanna, yagizwe umwere n’urukiko rwa Los Angeles kuri ...

On: 19-02-2025 at 05:46AM

News Image

Imbamutima z’Umworozi w’inkoko watewe inkunga ya Miliyoni 145 Frw zitishyurwa

Edouard Twizerimana, Umuyobozi wa Eddy Farm Ltd ikora ubworozi bw’inkoko zitera amagi, mu karere ka ...

On: 19-02-2025 at 05:41AM

News Image

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambere kuva mu 2024-2029.

Guverinoma y’u Rwanda yahagaritse ubufatanye bwose yari ifitanye n’u Bubiligi mu mishinga y’iterambe...

On: 18-02-2025 at 02:26PM

News Image

M23 yateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amaj...

On: 18-02-2025 at 12:47PM

News Image

Chancen International yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na ICK

Ikigo Mpuzamahanga cyishyurira urubyiruko mu mashuri makuru na kaminuza cya Chancen International, c...

On: 18-02-2025 at 12:44PM

News Image

Museveni yagaragaje ko abumva ko Besigye adakwiye gufungwa bashyigikiye ko Uganda ihungabana

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko abumva ko umunyapolitiki Dr Kizza Besigye adakwiye guf...

On: 18-02-2025 at 08:45AM

News Image

U Busuwisi: Umudepite yasabye ko RDC ihagarikirwa inkunga kugeza Tshisekedi avuye ku butegetsi

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Busuwisi, Andreas Alfred Glarner, yasabye igihugu cye guhag...

On: 18-02-2025 at 04:50AM

News Image

Perezida wa Argentine mu mazi abira nyuma yo kwamamaza ‘Cryptocurrency’, igateza igihombo

rezida wa Argentine, Javier Milei, ari gusabwa kwegura nyuma yo kwamamaza ifaranga ry’ikoranabuhanga...

On: 18-02-2025 at 04:47AM

News Image

U Rwanda rwavuze ku hazaza h’ibikorwa byaterwaga inkunga na USAID

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta nkunga z’Ikigo cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga ...

On: 18-02-2025 at 04:44AM

News Image

Amerika: TikTok yongeye kugaragara kuri ‘App Store’ na ‘Play Store’

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibyishimo ni byose ku bakunzi b’urubuga rwa TikTok rwongeye kugara...

On: 18-02-2025 at 04:41AM

News Image

Mfite ibibazo byinshi - Ruben Amorim utoza Manchester

Umutoza wa Manchester United FC, Ruben Amorim, yagaragaje ko afite ibibazo byinshi mu kazi ke, nyuma...

On: 18-02-2025 at 04:38AM

News Image

Minisante yatangaje ko kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi bigamije kugabanya indwara zitandura

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje impamvu yo kuzamura imi...

On: 18-02-2025 at 04:36AM

News Image

Ne-Yo mu buryohe bw’urukundo n’abagore batatu

Umuhanzi Ne-Yo aheruka kugaragara asomana n’abakunzi be batatu, bishimangira inkuru zari zimaze imin...

On: 18-02-2025 at 04:33AM

News Image

António Guterres wa Loni yashimangiye isenywa ry’umutwe wa FDLR

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ...

On: 18-02-2025 at 04:30AM