Twumvane EP ‘The Chronicles of broken heart’, Bel yandikanye agahinda k’umusore wamutengushye (Video)

Yanditswe: BYIRINGIRO ISRAEL
Itariki: 2025-02-25 06:38:04

Topperzmind

Uwase Belinda uri mu bahanzi bari bitabiriye irushanwa rya ‘The Voice Africa’ ritabashije kurangira, yashyize hanze EP ye ya mbere yise ‘The Chronicles of broken heart’ yandikanye umutima umenetse ku bw’umusore wamutengushye mu rukundo.Iyi ‘Extended Playlist (EP)’ uyu muhanzikazi yise ‘The chronicles of broken hearts’ igizwe n’indirimbo eshanu zirimo ‘The Ghost of your smile’, ‘The meeting’, ‘The Color of gray’, ‘Letting go’ na ‘The Chronicles continued’.Ni ‘EP’ Bel ahamya ko yatangiye kwandika mu Ukuboa 2023 nyuma y’ukwezi kumwe gusa yari amaze atandukanye n’uwari umukunzi we ndetse nyinshi mu ndirimbo ziyigize zikaba zigaruka ku nkuru ye bwite.Ni umukobwa udatinya guhamya ko urukundo rwamuteye agahinda gakabije icyakora akaza kukavurwa n’umuziki.Ibi uyu mukobwa yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE ubwo yagarukaga kuri iyi EP n’ibisobanuro by’indirimbo ziyigize.Icyakora nubwo ari EP ye, ahamya ko uruhare runini yaba mu kuyandika ndetse no kuyikora rwagizwemo na musaza we witwa Ronald Nzitonda wamufashije akaba ari nawe wazikoze mu buryo bw’amajwi cyane ko asanzwe ari umu-producer’.Bel ahamya ko musaza we amufata nk’inshuti ye ikomeye ku buryo ubuzima bwose yanyuragamo ari we yabuganirizaga.Uku kuganira niko kwatumye musaza we afata icyemezo cyo gusaba Bel gutangira kwandika indirimbo mu nkuru yamubwiraga z’urukundo rwe.Ni uko yatangiye gukora kuri EP ye ikubiyemo inkuru y’agahinda ahamya ko yatewe n’umusore wamutengushye mu rukundo.The MeetingIndirimbo ya mbere Bel yanditse kuri iyi EP ni iyitwa ‘The meeting’, iyi agahamya ko yayandikanye amarira menshi n’agahinda yaterwaga n’uko yari yibutse ko ibyamubayeho yari yabitekereje agihura n’uwo musore.Ati “Mba mvugamo uburyo uhura n’umuntu ugahita ubona aho bizagera, tugihura bwa mbere ako kantu kari gahari ariko ugasanga umuntu aravuga ngo nta wamenya wabona ndi kwibuza amahirwe.”Bel ahamya ko iyi ndirimbo yayanditse yibwiza ukuri, yibuka ko yananiwe kumvira umutimanama we.Kanda hano ubashe kumva iyi ndirimboLetting goNyuma yo kwandika indirimbo ya mbere ari mu marira menshi, Bel ahamya ko musaza we yatangiye gushaka uko yamufasha gukira ako gahinda aho yatangiye kumwumvisha ko akwiye kurekura uwo musore akava mu buzima bwe.Mu biganiro bagiranaga icyo gihe, niho havuye indirimbo ‘Letting go’ yumvikanamo amagambo y’uko iyo ibintu bitangiye kugenda nabi, aho kubyizirikaho ubireka bikagenda.Kanda hano ubashe kumva iyi ndirimboThe Ghost of your smileIyi ni indirimbo ya gatatu Bel yanditse kuri EP ye ya mbere, akaba yarayanditse nyuma yo kwakira ko uwari umukunzi we agiye, ariko undi agatangira kujya yibuka inseko ye.Ati “Ni indirimbo nanditse nibutse ukuntu ari we muntu twaganiraga ibintu byose, ariko akaba atagihari ikintu cyonyine nari nsigaranye mu mutwe ikaba inseko ye.”Nyuma nabyo yo kubiganira na musaza we, byarangiye abikozemo indirimbo nayo iri kuri iyi EP.Kanda hano ubashe kumva iyi ndirimboThe Chronicles continuedNi indirimbo uyu mukobwa ahamya ko yanditse nyuma cyane y’izindi yari yarakoze, iyi ikaba yaraje mu gihe yari amaze kwakira ko nyuma y’ibyamubayeho byose, ubuzima bwe bugomba gukomeza.Bel ahamya ko iyi ndirimbo yayanditse yaramaze gukira kuko yatangiye kuyandika mu mpeshyi ya 2024 mu gihe EP yatangiye kuyandika mu mpera za 2023.Kanda hano ubashe kumva iyi ndirimboThe Color of grayIyi ndirimbo itandukanye n’izo uyu muhanzikazi yandikanye agahinda k’umusore bakundanaga, ahubwo yo yari yarayanditse kera yitegura irushanwa yifuzaga kwitabira mu 2021, icyakora ntiyigeze ahabwa amahirwe yo kuryitabira gusa iyi ndirimbo yari yarayikoze kugira ngo imufashe muri ryo rushanwa.Kanda hano ubashe kumva iyi ndirimboBel ahamya ko ari we wafashe icyemezo cyo gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we, nubwo yirinze kuvuga icyabatandukanyije.Ati “Byaranyoroheye gutandukana nawe ariko nyuma birankomerera kuko ntumvaga ko bibaye.”Ku rundi ruhande uyu mukobwa yashimishijwe bikomeye n’uko umusore batandukanye nubwo ataba mu Rwanda, ubutumwa buri muri iyi EP bwamugezeho ndetse yanabibonye.Bel ni umunyeshuri muri ‘Africa Leadership University’ aho ari gusoreza amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza....



News Image

Umutoza wa Nigeria yatangiye kwiga ku mikinire y’Amavubi

Super Eagles ya Nigeria imaze kunganya inshuro eshatu, itsindwa umukino umwe ndetse iri ku mwanya wa...

On: 11-03-2025 at 08:34AM

News Image

Passy Kizito yatangiye gushyira ururimi rw’amarenga mu bihangano bye

Umuhanzi Passy Kizito wiyita KIPA yatangiye gushyira mu bihangano bye umuntu usemura mu rurimi rw’...

On: 08-03-2025 at 09:06AM

News Image

Itsinda rya Makoma rigiye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka 21 risenyutse

Itsinda ryitwa ‘Makoma’ ryaciye ibintu mu myaka yashize mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,...

On: 08-03-2025 at 09:02AM

News Image

Thomas Lubanga yashinze umutwe w’inyeshyamba mushya

Thomas Lubanga Dylo wigeze gufungirwa muri gereza y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), yashinz...

On: 08-03-2025 at 08:56AM

News Image

Abakuze barenga 60% bazaba bafite umubyibuho ukabije mu 2050 - Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu 2050 abantu bakuze bangana na 60% ndetse n’abana bato bangana na ...

On: 08-03-2025 at 08:48AM

News Image

U Burusiya bwarashe ‘misile 70’ muri Ukraine

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko ingabo z’u Burusiya zagabye mu gihugu cye ibit...

On: 08-03-2025 at 08:42AM

News Image

RDC ifite igisirikare kidashinga, cyamunzwe na ruswa- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko imwe mu mpamvu itera ubuyobozi bw...

On: 08-03-2025 at 08:31AM

News Image

derb yahumuye amatike yamaze kazamurwa

Umukino uteganyijwe hagati ya APR FC na Rayon Sports wari gukinwa tariki ya 10 Gicurasi 2025, ariko ...

On: 07-03-2025 at 07:12AM

News Image

Twasigiwe isomo’ Ange Kagame abwira imiryango mpuzamahanga ikomeje gutererana u Rwanda

Ange Kagame, Umukobwa wa Perezida Paul Kagame, yanenze Umuryango Mpuzamahanga uhamagarira u Rwanda g...

On: 28-02-2025 at 11:11AM

News Image

Diamond Platnumz yatakambiye Perezida Suluhu ko yabubakira igikorwaremezo kimeze nka Arena yo mu Rwanda

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yasabye Perezida Samia Suluhu Hassan gushyirah...

On: 28-02-2025 at 11:07AM

News Image

Tour du Rwanda Festival: Mico The Best na Chriss Eazy batashye badataramiye i Rubavu

Ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’ byari bigeze mu Karere ka Rubavu mu ijoro ryo ku wa 26 Gashy...

On: 28-02-2025 at 04:25AM

News Image

Israël Mbonyi ntiyahiriwe na Trace Awards

Israël Mbonyi wari umuhanzi rukumbi wo mu Rwanda uhatanye mu bihembo bya Trace Awards and Festival ...

On: 28-02-2025 at 04:07AM

News Image

Lamptey wa APR FC ari mu gahinda ko gupfusha mushiki we

Umukinnyi wo hagati wa APR FC, Richmond Lamptey, yagize ibyago byo gupfusha mushiki we mbere y’uko i...

On: 28-02-2025 at 04:02AM

News Image

Abasenateri basabye ko ruswa n’ikimenyane mu nzego z’ibanze bicika burundu

Abasenateri bagaragaje ko ruswa n’ikimenyane bikigaragara mu nzego z’ibanze bikwiye gucika burundu k...

On: 28-02-2025 at 04:00AM

News Image

Amb. Dr. Gashumba ntiyumva uburyo Suède yirengagije nkana ubufatanye bwa FARDC na FDLR

Ambasaderi w’u Rwanda muri Suède, Dr. Diane Gashumba yagaragarije Guverinoma ya Suède ko u Rwanda ru...

On: 28-02-2025 at 03:55AM

News Image

RDC yigaramye igitero cy’i Bukavu, ishinjwa kuyobya uburari

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashinje ingabo bwise ’iz’amahanga’ kugaba ...

On: 28-02-2025 at 03:52AM

News Image

Ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’ byatangiriye mu Karere ka Musanze (Amafoto)

Ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’ biherekeza isiganwa ry’amagare bigiye kuba ku nshuro ya gata...

On: 26-02-2025 at 10:40AM

News Image

INES-Ruhengeri yatangije amashami atandatu mashya yigisha ubuvuzi

Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro rya INES-Ruhengeri ryafunguye ku mugaragaro amashami atandatu mu byic...

On: 26-02-2025 at 10:27AM

News Image

Misiri yasezereye u Rwanda mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’Abagore

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore yasezerewe na Misiri mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya ...

On: 26-02-2025 at 10:19AM

News Image

Tujyane muri Shanghai, umujyi w’ubucuruzi n’ishusho y’ubudahangarwa bw’u Bushinwa (Amafoto)

Shanghai, ni wo mujyi mugari w’ubucuruzi mu Bushinwa. Mu 2019, umutungo mbumbe wawo wanganaga na mil...

On: 26-02-2025 at 10:17AM

News Image

Abasura Pariki z’igihugu bikubye inshuro eshatu mu myaka itatu

Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, cyagaragaje ko abantu basura pariki z’igihugu bavuye kur...

On: 26-02-2025 at 04:44AM

News Image

Imishinga y’abaturiye pariki z’igihugu igiye guhabwa miliyari 5 Frw ku musaruro w’ubukerarugendo

Imishinga itandukanye y’abaturiye Pariki z’igihugu, igiye gusaranganywa agera kuri miliyari 5 Frw ak...

On: 26-02-2025 at 04:24AM

News Image

Twumvane EP ‘The Chronicles of broken heart’, Bel yandikanye agahinda k’umusore wamutengushye (Video)

Uwase Belinda uri mu bahanzi bari bitabiriye irushanwa rya ‘The Voice Africa’ ritabashije kurangira,...

On: 25-02-2025 at 06:38AM

News Image

Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’

Umuhanzikazi Selena Gomez ubifatanya no gukina filime, ari mu begukanye ibihembo bya ‘Screen Actors ...

On: 25-02-2025 at 06:34AM

News Image

John Legend yasubije abamusabaga guhagarika igitaramo aherutse gukorera i Kigali

John Legend wemeje ko yari azi neza ibibazo byavugwaga ndetse yanabonye ubutumwa bumubuza gutaramira...

On: 25-02-2025 at 06:31AM

News Image

Abahanzi batanu biyongereye mu bitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’

Abahanzi batanu barimo Yampano, Mico The Best, Bushali, Niyo Bosco na Eric Senderi bongewe mu bitara...

On: 25-02-2025 at 06:27AM

News Image

Urunturuntu mu rukundo rwa Malaika Uwamahoro n’umugabo we

Ishyamba si ryeru mu rugo rwa Angel [Malaika] Uwamahoro, wamamaye cyane mu guhimba imivugo no gukina...

On: 25-02-2025 at 06:25AM

News Image

Ibitaravuzwe ku ikubitwa rya Turahirwa wa Moshions

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, ku wa 24 Gashyantare, Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli yit...

On: 25-02-2025 at 06:18AM

News Image

Impamvu eshatu zituma hari ababyeyi basama kandi baraboneje urubyaro

Nyiramana [izina twarihinduye] ni umugore wo mu Karere ka Rwamagana avuga ko ubwo yabyaraga umwana w...

On: 25-02-2025 at 05:57AM

News Image

OMS yashimye umuhate w’u Rwanda mu kurwanya indwara zitandura

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebrey...

On: 25-02-2025 at 05:55AM

News Image

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe n’iya EU yasabiye u Rwanda ibihano

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye ibikubiye mu mwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umu...

On: 25-02-2025 at 05:52AM

News Image

Umugambi wo gutera u Rwanda, intambara y’akarere n’ibya M23 - Ikiganiro na Mussa Fazil Harerimana

Sheikh Mussa Fazil Harerimana yagaragaje ko ari ingenzi kwamagana umugambi mubi wo gutera u Rwanda, ...

On: 25-02-2025 at 05:49AM

News Image

Moise Kean waguye igihumure ari mu kibuga yavuye mu bitaro

Rutahizamu wa Fiorentina, Moise Kean, waguye igihumure akitura hasi mu kibuga, yamaze gusezererwa mu...

On: 24-02-2025 at 06:40AM

News Image

Tennis: Niyigena, Muhire na Ishimwe bananiwe kwinjira muri ‘Rwanda Challenger 75’

Abanyarwanda Niyigena Étienne, Muhire Joshua na Ishimwe Claude basezerewe mu Irushanwa Mpuzamahanga ...

On: 24-02-2025 at 06:12AM

News Image

amakuru mabi ku mavubi ya bagore

Uburwayi butumye umunyarwandakazi Mukandayisenga Jeannine uzwi nka ‘Kaboy’, atazagaragara ku mukino ...

On: 20-02-2025 at 06:44AM

News Image

SKOL yongeye kwemerera Rayon Sports gukoresha ikibuga cyo mu Nzove

Uruganda rwa SKOL Breweries rwongeye kwemerera amakipe ya Rayon Sports kwitoreza ku kibuga cyo mu Nz...

On: 20-02-2025 at 06:27AM

News Image

UEFA C. League: Real Madrid yasezereye Manchester City, PSV itungura Juventus

Real Madrid yatsinze Manchester City ibitego 3-1, iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 6-3 mu Mikino ...

On: 20-02-2025 at 06:14AM

News Image

Ntabwo u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yasobanuye ko kuba rwarahagaritse i...

On: 20-02-2025 at 06:07AM

News Image

Rutsiro: Abatuye Umudugudu w’Icyitegererezo wa Gitega barembejwe n’imyotsi

Abaturage batuye mu Mudugudu w’Icyerekezo wa Gitega, mu Murenge wa Mushubati, barasaba ko bafashwa k...

On: 20-02-2025 at 06:02AM

News Image

amakuru muri rayon sport fc na rayon women sport fc

uruganda rwa skol rusohoye itangazo yuko na ekipe yose yemerewe gukorera kuri stade ya skol mu nzove...

On: 19-02-2025 at 06:22AM

News Image

Huye: Umusore w’imyaka 25 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye y’umuso...

On: 19-02-2025 at 06:05AM

News Image

Bujumbura: Inkongi y’umuriro yibasiye Isoko rya Gatoki yangije byinshi

Inkongi y’umuriro yibasiye, mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Gas...

On: 19-02-2025 at 06:03AM

News Image

Juno yigaramye ibyo kurongora uwo bakorana

Umuhanzi Juno Kizigenza yanyomoje amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yab...

On: 19-02-2025 at 06:00AM

News Image

Angola yaba yemereye Tshisekedi ubuhungiro bw’igihe gito

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Perezida w’iki gihugu, Féli...

On: 19-02-2025 at 05:13AM

News Image

Rayon Sports 2-0 Rutsiro FC

...

On: 18-02-2025 at 12:43PM

News Image

Igitutu ku Muvugizi wa Perezida Ndayishimiye wise Abanyarwanda ‘iminyorogoto’

  Umuvugizi wa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Rosine Gatoni Guilene, ari kotswa ig...

On: 18-02-2025 at 10:48AM

News Image

Aba mbere bamaze kwambuka - Umupaka wa Rusizi I wongeye kuba nyabagendwa (Amafoto)

Abanyarwanda n’Abanye-Congo bishimiye ko umupaka wa Rusizi I wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’iminsi...

On: 18-02-2025 at 08:52AM